Isezerano Gospel
  • Ahabanza
  • Inyigisho
  • Ubuhamya
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Isesengura
  • Abahanzi
    • Amateka
  • Indirimbo
    • Amajwi
    • Amashusho
    • Lyrics
  • Abo turi bo
  • Twandikire

Isezerano Gospel

  • Ahabanza
  • Inyigisho
  • Ubuhamya
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Isesengura
  • Abahanzi
    • Amateka
  • Indirimbo
    • Amajwi
    • Amashusho
    • Lyrics
  • Abo turi bo
  • Twandikire
Amakuru y'ibanzeMu RwandaUbuzima

Gufasha : Mufashe age kwiga“Alexis” yasabye Jus bamuha uburozi ,bimuviramo guhuma

by Ubwanditsi November 25, 2020November 25, 2020
written by Ubwanditsi November 25, 2020November 25, 2020
Gufasha : Mufashe age kwiga“Alexis” yasabye Jus bamuha uburozi ,bimuviramo guhuma
Yasuwe: 288

Ndayishimiye Alexis n’umusore w’imyaka 26 afite ubumuga bw’amaso [ubuhumyi ]abayeho mubuzima bugoye , ntagira umwitaho  . Ndayishimiye Alexis utuye mu karere ka Nyarugenge Umurenge wa Gitega ,akagali ka  Kigarama . Uru Rwanda rwejo hazaza  [Ndayishimiye Alexis ] udafite kivugira , yisanze mukigo kipfubyi I Butare  nyuma ya Jenoside ya korewe Abatutsi mu mwaka 1994 , nyuma hakaza kwemezwa ko umwana wese ajya mu muryango ,ariko we yisanga nta muntu wiwabo n’umwe azi .

Ndayishimiye mu marira menshi yagize ati “  ikintu nifuza mubuzima bwanjye  , amashuri agiye gutangira  none ndasaba abanyarwanda  ,dutuye iki gihugu turi abantu benshi kandi ndabizi ko muri abanyamutima.

Ndabasaba ko mwapfasha nanjye nkajya kwiga kuko hari ibigo bitandukanye byabamugaye  , mupfashe mbashe kwiga burayi ,hamwe n’umwuga .Kuko ngumya nizengurakaho nkabura igisubizo  kandi sinshaka kubaho nsabiriza.

Avuga ko  ahantu bamurangiye ashobora gukomereza amashuri ye ari I Gisenyi , bakaba bishyura amafranga y’ishuri angana n’ibihumbi ijana na makumyari  (120.000). Kuko I Masaka yarangije ikiburamwaka cyo kumenya gukoresha inyandiko y’abafite ubumuga bwo kutabona burayi. Uyu musore mu mbaraga ze abasha kwikorera ibintu byose dore ko adafite uwo yatuma , akaba abarizwa mu kiciro cya mbere .

Akaba yagaragaje numero z’umuntu wabasha kumufasha gukusanya ubufasha   wanyuraho yitwa Gilbert (0783676098 ) kuko we ntabwo yabasha kumenya niba hari ubufasha mwaba mwanyujije kuri telephone.

Ndayishimiye Alexis agaragaza ko akiri muto mu gihe bamuhaga umubyeyi ugomba ku murera yagiye ahura n’ingorane nyinshi  zo gutotezwa ariko akomeza kwihangana mu gihe yari muzima atarahuma ndetse ntiyacika intege akomeza amashuri kugeza ubwo urugo yabagama rwajemo amakimbirane umugabo amubwira ko agomba kujyana n’ umugore .

Mu gihe umushinga wa mufashaga kwiga wahagarara byamugizeho  ingaruka zo guhagarika amashuri kuko nta muntu yari afite wo kumufasha kwiga .

Urugendo rwe rwo guhuma rwatangiye mu mwaka wa 2017 , ubwo yarabonye ikiraka ariko akaza guhura n’umwe mubakozi bakoraga muri Serena Hotel kuko aribo bari batsindiye isoko ryo kugaburira abayobozi bari mu Camp Kigali .

Uwo muntu udafite umutima usabwa umugati agatanga ibuye , yasabwa ifi agatanga Sikoropiyo mu gihe ya musaba ibyo kurya kuko yarashonje , aho kumuha ibikwiye kunywebwa akamuha ibintu birimo aside byamuviriyemo uburwayi bwamuteye guhuma . Nku mwana udafite kivugira ntiyabashije guhabwa ubutabera byibuze babashe gukurikirana uwo muntu .

.

0 comment
0
FacebookTwitterWhatsapp
Ubwanditsi

previous post
Hatangijwe iperereza ku kuntu konti ya Instagram ya Papa Francis yakunze ifoto y’umunyamideli ya mbaye atikwijwe
next post
Vatican : Papa arasaba abakaridinari bashya kuguma mu nzira ya Nyagasani

You may also like

Ngoma: T.T.C Zaza” umunyeshuri w’umukobwa yarajwe mu ishyamba...

January 22, 2020

Igice cya 3: isomo ry’ubuyobozi twigira ku buzima...

January 20, 2020

Iperereza ryanzuye ko nyakwigendera Jean Vanier washinze “Arche...

February 28, 2020

Dore icyo Bibiliya ivuga kuri gatanya no kuba...

October 16, 2019

NGOMA : Umubyeyi wa “Uwineza Diane” mu byishimo...

January 22, 2020

Imana ntabwo ikoresha ingabo zikomeye, ahubwo ikoresha abo...

July 1, 2019

Simon Kabera ati” nafashe umwanya wo kuganira na...

June 16, 2019

UBUZIMA : Menya ibintu 7 Tangawizi yagufasha mu...

November 30, 2019

INKURU IBABAJE : Padiri Ubald Rugirangoga yapfuye

January 8, 2021

Menya amateka ya MD ukora Hip Hop Gospel...

December 9, 2018

Leave a Comment Cancel Reply

Save my name, email, and website in this browser for the next time I comment.

Dukurikire

Isezerano.com

Kwamamaza

Inkuru Zakunzwe

  • Sri Lanka :Nk’intumwa za Kristo umwami w’amahoro twamaganye ihohoterwa rikorerwa Abakiristo cyangwa Abayisilamu -Umuryango w’ivugabutumwa ku isi(AEB)

  • NGOMA : Umubyeyi urara mu nzu idakinze mu gihe cy’amezi 11, aratakambira a karere kumufasha kurenganurwa agahabwa impoza marira nyuma y’uko ibidamu biri mu murima wa Kiliziya Gatulika bimwiciye umwana

  • Uko mbibona:Gusenga ntacyo byaba bimariye umuntu ,mu gihe asengana ubuhemu(Soma birambuye)

  • Aho  Umwuka wera ageze  amateka arahinduka,nawe yaguhindurira amateka(soma birambuye)

  • Kigali : Itangazo ryo gusaba guhinduza amazina

Dukurikire

Facebook Twitter Instagram Youtube

Kuri Twitter

Follow @isezeranogospel

Inkuru Ziheruka

  • Nyuma yo gukunda indirimbo “Nzakugezayo” n’Amagambo ayigize, biyemeje kiyisubiramo.

    January 14, 2021
  • Ubwiyongere bwa 60% mubakristo bishwe kwisi yose mu 2020: Raporo ya Open the Doors

    January 14, 2021
  • Kigali : Itangazo ryo gusaba guhinduza amazina

    January 14, 2021
  • UBUZIMA: Ese wari uziko kubura Vitamin B1, bitera ibibazo bikomeye mu mubiri wawe?

    January 14, 2021

Ahandi Washakira

  • Amakuru y'ibanze
  • Amateka
  • Ibitaramo
  • Ibiterane
  • Indirimbo
  • Inyigisho
  • Isesengura
  • Kuramya
  • Kwamamaza
  • Mu Mahanga
  • Mu Rwanda
  • Ubuhamya
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Ubuzima bw'Abahanzi
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • Video
  • Videos

Kwamamaza

Facebook Twitter Instagram Youtube

Inkuru Zakunzwe

  • 1

    Sri Lanka :Nk’intumwa za Kristo umwami w’amahoro twamaganye ihohoterwa rikorerwa Abakiristo cyangwa Abayisilamu -Umuryango w’ivugabutumwa ku isi(AEB)

    May 15, 2019
  • 2

    NGOMA : Umubyeyi urara mu nzu idakinze mu gihe cy’amezi 11, aratakambira a karere kumufasha kurenganurwa agahabwa impoza marira nyuma y’uko ibidamu biri mu murima wa Kiliziya Gatulika bimwiciye umwana

    February 21, 2020

Izindi Nkuru Wasoma

  • Nyuma yo gukunda indirimbo “Nzakugezayo” n’Amagambo ayigize, biyemeje kiyisubiramo.

    January 14, 2021
  • Ubwiyongere bwa 60% mubakristo bishwe kwisi yose mu 2020: Raporo ya Open the Doors

    January 14, 2021
  • Facebook
  • Twitter
  • Instagram
  • Youtube

@2018 Isezerano G Company Ltd. - www.isezerano.com. All Right Reserved.


Back To Top