Isezerano Gospel
  • Ahabanza
  • Inyigisho
  • Ubuhamya
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Isesengura
  • Abahanzi
    • Amateka
  • Indirimbo
    • Amajwi
    • Amashusho
    • Lyrics
  • Abo turi bo
  • Twandikire

Isezerano Gospel

  • Ahabanza
  • Inyigisho
  • Ubuhamya
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Isesengura
  • Abahanzi
    • Amateka
  • Indirimbo
    • Amajwi
    • Amashusho
    • Lyrics
  • Abo turi bo
  • Twandikire
Amakuru y'ibanzeMu MahangaUbuzima bw'Abahanzi

Kanye West yatangaje ko ‘ari kugerageza gutandukana na Kim Kardashian’

by Ali Gilbert Dunia July 22, 2020
written by Ali Gilbert Dunia July 22, 2020
Kanye West yatangaje ko ‘ari kugerageza gutandukana na Kim Kardashian’
Yasuwe: 377

Kanye West, umuhanzi ubu uvuga ko ashaka kwiyamamariza kuyobora leta zunze ubumwe za Amerika, yanditse kuri Twitter uyu munsi kuwa gatatu ko ari kugerageza gutandukana n’umugore we Kim Kardashian, nyuma gato ubwo butumwa ahita abusiba.

Kanye na Kim bashakanye mu 2014 ubu bafitanye abana bane, ni abantu bavuzwe cyane kandi bakunze kuvugwa mu itangazamakuru.

Ibiro ntaramakuru Reuters bivuga ko Kanye, uyu munsi yanditse kuri Twitter ati: “Maze igihe ngerageza gutandukana na Kim kuva yahura na Meek kuri Warldolf ku mpinduka mu magereza”.

Umuraperi (rapper) Meek Mill wari warafunzwe, yafunguwe mu 2018, muri uwo mwaka yahuye na Kim Kardishian muri hotel ya Waldorf i New York.

BBC dukesha iyi nkuru yatangaje ko”  kikekwa ko muri ubu butumwa – yahise asiba – Kanye West akeka ibindi ku bufatanye bwatangiye icyo gihe bwa Meek na Kim mu guharanira impinduka mu bijyanye no gukurikirana ibyaha i Los Angeles mu 2018.

Kuwa mbere nijoro, Kanye West nabwo yari yatangaje ubutumwa bwinshi kuri Twitter, bumwe aza kubusiba, aho yavuze ko umugore we yashatse kumufungisha nyuma y’igikorwa cyo kwiyamamaza yakoreye muri leta ya South Carolina.

Muri icyo gikorwa, Kanye yavuze uko we n’umugore we bafashe icyemezo cyo kudakuramo inda y’umukobwa wabo. Nyuma, Kanye yagiye kuri Twitter yandikaho ko “Kim yashatse kunjyana kwa muganga ngo bamfungireyo kuko navuze uko narokoye umukobwa wacu”. Ubu butumwa nabwo yahise abusiba.

0 comment
1
FacebookTwitterWhatsapp
Ali Gilbert Dunia

previous post
Ubuzima: Ubushakashatsi bubiri ku rukingo rwa Coronavirus, buragaragaza ko bushobora gutanga igisubizo cyiza
next post
Ingendo z’Abayisilamu zo kujya i Maka zahagaritswe bamwe barishima abandi barababara

You may also like

Ubuzima bw’umuhanzi “Steve Crown” hamwe nakazi ko guhanga

October 13, 2020

ADEPR KABEZA : Korali Kabeza igeneye abanyarwanda ubutumwa...

August 20, 2020

Menya byinshi ku umuhanzi “ Ada Ogochukwu Ehi”...

January 1, 2021

Gisagara ADEPR-Save: Korali Amahoro bari mu byishimo by’abaririmbyi...

June 27, 2019

Abaririmba indirimbo zihimbaza Imana bakeneye kwambara neza-Ritha Queen

March 10, 2020

RUSIZI: Itsinda Teens For Christ (TFC) rizafatanya na...

June 5, 2019

Abitwaje imbunda bishe 1 ,bashimuta abanyeshuri 4 muri...

September 1, 2020

France :3biciwe mu rusengero; musenyeri yamaganye ‘ibikorwa by’ubunyamaswa

October 30, 2020

Pakistan: Asia Bibi, umugore wari warakatiwe urwo gupfa...

January 30, 2019

Ihuriro ry’amadini n’amatorero ryatangaje ko rikomeje gushyira imbaraga...

October 25, 2019

Leave a Comment Cancel Reply

Save my name, email, and website in this browser for the next time I comment.

Dukurikire

Isezerano.com

Kwamamaza

Inkuru Zakunzwe

  • Sri Lanka :Nk’intumwa za Kristo umwami w’amahoro twamaganye ihohoterwa rikorerwa Abakiristo cyangwa Abayisilamu -Umuryango w’ivugabutumwa ku isi(AEB)

  • NGOMA : Umubyeyi urara mu nzu idakinze mu gihe cy’amezi 11, aratakambira a karere kumufasha kurenganurwa agahabwa impoza marira nyuma y’uko ibidamu biri mu murima wa Kiliziya Gatulika bimwiciye umwana

  • Uko mbibona:Gusenga ntacyo byaba bimariye umuntu ,mu gihe asengana ubuhemu(Soma birambuye)

  • Aho  Umwuka wera ageze  amateka arahinduka,nawe yaguhindurira amateka(soma birambuye)

  • Kigali : Itangazo ryo gusaba guhinduza amazina

Dukurikire

Facebook Twitter Instagram Youtube

Kuri Twitter

Follow @isezeranogospel

Inkuru Ziheruka

  • Nyuma yo gukunda indirimbo “Nzakugezayo” n’Amagambo ayigize, biyemeje kiyisubiramo.

    January 14, 2021
  • Ubwiyongere bwa 60% mubakristo bishwe kwisi yose mu 2020: Raporo ya Open the Doors

    January 14, 2021
  • Kigali : Itangazo ryo gusaba guhinduza amazina

    January 14, 2021
  • UBUZIMA: Ese wari uziko kubura Vitamin B1, bitera ibibazo bikomeye mu mubiri wawe?

    January 14, 2021

Ahandi Washakira

  • Amakuru y'ibanze
  • Amateka
  • Ibitaramo
  • Ibiterane
  • Indirimbo
  • Inyigisho
  • Isesengura
  • Kuramya
  • Kwamamaza
  • Mu Mahanga
  • Mu Rwanda
  • Ubuhamya
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Ubuzima bw'Abahanzi
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • Video
  • Videos

Kwamamaza

Facebook Twitter Instagram Youtube

Inkuru Zakunzwe

  • 1

    Sri Lanka :Nk’intumwa za Kristo umwami w’amahoro twamaganye ihohoterwa rikorerwa Abakiristo cyangwa Abayisilamu -Umuryango w’ivugabutumwa ku isi(AEB)

    May 15, 2019
  • 2

    NGOMA : Umubyeyi urara mu nzu idakinze mu gihe cy’amezi 11, aratakambira a karere kumufasha kurenganurwa agahabwa impoza marira nyuma y’uko ibidamu biri mu murima wa Kiliziya Gatulika bimwiciye umwana

    February 21, 2020

Izindi Nkuru Wasoma

  • Nyuma yo gukunda indirimbo “Nzakugezayo” n’Amagambo ayigize, biyemeje kiyisubiramo.

    January 14, 2021
  • Ubwiyongere bwa 60% mubakristo bishwe kwisi yose mu 2020: Raporo ya Open the Doors

    January 14, 2021
  • Facebook
  • Twitter
  • Instagram
  • Youtube

@2018 Isezerano G Company Ltd. - www.isezerano.com. All Right Reserved.


Back To Top