Isezerano Gospel
  • Ahabanza
  • Inyigisho
  • Ubuhamya
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Isesengura
  • Abahanzi
    • Amateka
  • Indirimbo
    • Amajwi
    • Amashusho
    • Lyrics
  • Abo turi bo
  • Twandikire

Isezerano Gospel

  • Ahabanza
  • Inyigisho
  • Ubuhamya
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Isesengura
  • Abahanzi
    • Amateka
  • Indirimbo
    • Amajwi
    • Amashusho
    • Lyrics
  • Abo turi bo
  • Twandikire
Amakuru y'ibanzeIndirimboMu Rwanda

Nshima Imana sinyiyisaba , niho nakuye indirimbo yanjye nshyashya ‘Uri Uwera’ nakoranye na Prosper- Umuramyi Christophe Ndayishimiye

by Ali Gilbert Dunia July 1, 2020July 2, 2020
written by Ali Gilbert Dunia July 1, 2020July 2, 2020
Nshima Imana sinyiyisaba , niho nakuye indirimbo yanjye nshyashya ‘Uri Uwera’  nakoranye na Prosper- Umuramyi  Christophe Ndayishimiye
Yasuwe: 430

Ndayishimiye Christophe umenyerewe cyane  mu  kuramya no guhimbaza Imana,   ni umuhanzi w’umunyarwanda ndetse akaba afite n’ubwenegihugu bw’Uburundi  ariko kugeza ubu ubarizwa mu Rwanda  .Yashyize hanze indirimbo y’amashusho yise “ Uri Uwera “ akaba yarayikoranye n’umuramyi Prosper Nkomezi . 

Ndayishimiye Christophe yarafite hanze indirimbo imwe ytwa  “Aca Inzira “ ikaba ari indirimbo  yahimbye mu gihe yarari mu kibazo  gikomeye yihebye , kuko yari yabuze igisubizo , muri ako kanya yumva ije muriwe .

Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru isezerano.com uyu munsi taliki 1 Nyakanga 2020, yavuze ko intego ye aje kugumya kwamamaza ubutumwa bwiza bwa Kristo no kuramya Imana ndetse no kubwira abantu ineza y’Imana .

Mu gihe yarabajijwe uko indirimbo Uri Uwera yayibonye kugirango abashe kuyihimba yagize ati”iyi ndirimbo nayanditse numva nshaka gushima Imana kuko kenshi wasangaga nza gusenga ,ariko nsaba Imana bintu gusa , ariko numva nshaka kuyishima kuko ntakindi nyisaba .

Ndayishimiye Christophe yabonye izuba mu mwaka 1991 ,  avuka mu muryango w’abana 4 akaba afite amahirwe menshi yo kuba agifite ababyeyi bose .

Ndayishimiye ati “ urugendo rwanjye rw’umuziki rwatangiye ndi umwana , kuko nakuze nkunda  umuramyi Appolinaire , kuko nakundaga kwigana indirimbo ze .

Akenshi na kenshi numvaga mfite inzozi  zo kuzaririmbira ariko kumva inzira byanyuramo nkumva bigoranye cyane .Kumyaka yanjye 18 nibwo  nahimbye indirimbo .

UMVA INDIRIMBO URI UWERA

 

0 comment
0
FacebookTwitterWhatsapp
Ali Gilbert Dunia

previous post
Abayobozi ba Mississippi barashaka ko mu kirango cy’Ibendera rya Leta hongerwamo ijambo rivuga ngo “Mu Mana Turizera”
next post
Ni gute Abadage b’Abanazi bateguye bakanashyira mu bikorwa umugambi wo gutsemba Abayuda

You may also like

Pasiteri Rich Wilkerson Jr yatumiye abantu bamwibye imodoka...

February 20, 2020

Babou Melo ati:” abazitabira igitaramo cyanjye “Living Sacrifice...

November 12, 2019

Urukundo : Ese gusezerana n’ukwizirikaho igisasu ? Menya...

January 6, 2020

Dukora umurimo w’isanamitima dukoresheje indirimbo zihimbaza Imana no...

May 6, 2019

Umuramyi “Arsen Tuyi” afashe indege agiye gukorera ibitaramo...

October 27, 2019

Umuramyi Papi Claver avuze amagambo y’urukundo k’umugore we...

August 28, 2020

Udushya 5 twagaragaye mu muhango wo gushyira hanze...

April 26, 2020

KENYA : Abaturage barinubira Abanyapolitike barwaniye muri Kiliziya...

September 9, 2019

Kicukiro:Umuryango NDAHEI waremeye abanyeshuri 320 badafite ubushobozi bagana...

January 11, 2020

Nzakurikirana ubutabera bwa Marume mu gihe cyose nzaba...

June 10, 2020

Leave a Comment Cancel Reply

Save my name, email, and website in this browser for the next time I comment.

Dukurikire

Isezerano.com

Kwamamaza

Inkuru Zakunzwe

  • Sri Lanka :Nk’intumwa za Kristo umwami w’amahoro twamaganye ihohoterwa rikorerwa Abakiristo cyangwa Abayisilamu -Umuryango w’ivugabutumwa ku isi(AEB)

  • NGOMA : Umubyeyi urara mu nzu idakinze mu gihe cy’amezi 11, aratakambira a karere kumufasha kurenganurwa agahabwa impoza marira nyuma y’uko ibidamu biri mu murima wa Kiliziya Gatulika bimwiciye umwana

  • Uko mbibona:Gusenga ntacyo byaba bimariye umuntu ,mu gihe asengana ubuhemu(Soma birambuye)

  • Aho  Umwuka wera ageze  amateka arahinduka,nawe yaguhindurira amateka(soma birambuye)

  • Kigali : Itangazo ryo gusaba guhinduza amazina

Dukurikire

Facebook Twitter Instagram Youtube

Kuri Twitter

Follow @isezeranogospel

Inkuru Ziheruka

  • Nyuma yo gukunda indirimbo “Nzakugezayo” n’Amagambo ayigize, biyemeje kiyisubiramo.

    January 14, 2021
  • Ubwiyongere bwa 60% mubakristo bishwe kwisi yose mu 2020: Raporo ya Open the Doors

    January 14, 2021
  • Kigali : Itangazo ryo gusaba guhinduza amazina

    January 14, 2021
  • UBUZIMA: Ese wari uziko kubura Vitamin B1, bitera ibibazo bikomeye mu mubiri wawe?

    January 14, 2021

Ahandi Washakira

  • Amakuru y'ibanze
  • Amateka
  • Ibitaramo
  • Ibiterane
  • Indirimbo
  • Inyigisho
  • Isesengura
  • Kuramya
  • Kwamamaza
  • Mu Mahanga
  • Mu Rwanda
  • Ubuhamya
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Ubuzima bw'Abahanzi
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • Video
  • Videos

Kwamamaza

Facebook Twitter Instagram Youtube

Inkuru Zakunzwe

  • 1

    Sri Lanka :Nk’intumwa za Kristo umwami w’amahoro twamaganye ihohoterwa rikorerwa Abakiristo cyangwa Abayisilamu -Umuryango w’ivugabutumwa ku isi(AEB)

    May 15, 2019
  • 2

    NGOMA : Umubyeyi urara mu nzu idakinze mu gihe cy’amezi 11, aratakambira a karere kumufasha kurenganurwa agahabwa impoza marira nyuma y’uko ibidamu biri mu murima wa Kiliziya Gatulika bimwiciye umwana

    February 21, 2020

Izindi Nkuru Wasoma

  • Nyuma yo gukunda indirimbo “Nzakugezayo” n’Amagambo ayigize, biyemeje kiyisubiramo.

    January 14, 2021
  • Ubwiyongere bwa 60% mubakristo bishwe kwisi yose mu 2020: Raporo ya Open the Doors

    January 14, 2021
  • Facebook
  • Twitter
  • Instagram
  • Youtube

@2018 Isezerano G Company Ltd. - www.isezerano.com. All Right Reserved.


Back To Top