Isezerano Gospel
  • Ahabanza
  • Inyigisho
  • Ubuhamya
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Isesengura
  • Abahanzi
    • Amateka
  • Indirimbo
    • Amajwi
    • Amashusho
    • Lyrics
  • Abo turi bo
  • Twandikire

Isezerano Gospel

  • Ahabanza
  • Inyigisho
  • Ubuhamya
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Isesengura
  • Abahanzi
    • Amateka
  • Indirimbo
    • Amajwi
    • Amashusho
    • Lyrics
  • Abo turi bo
  • Twandikire
Amakuru y'ibanzeAmatekaIndirimboMu Rwanda

Simon Kabera ati:” Ntahandi nigeze ndirimba naririmbye mu nzu y’Imana kandi nzava mu isi “Nyiririmba” murusengero.

by Ali Gilbert Dunia May 28, 2019May 28, 2019
written by Ali Gilbert Dunia May 28, 2019May 28, 2019
Simon Kabera ati:” Ntahandi nigeze ndirimba naririmbye mu nzu y’Imana kandi nzava mu isi “Nyiririmba” murusengero.
Yasuwe: 1,539

Simon Kabera ni umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana n’ umukristo mu itorero rya ADEPR Remera. Simon Kabera yamenyekanye cyane mu ndirimbo nyinshi zitandukanye ziri mu njyana ya Country Music harimo ” Ukura ku cyavu , Data wa twese ,  Mfashe inanga, Gusenga, Soon and very soon, Munsi yawo n’izindi nyinshi……

Mu kiganiro  ikinyamakuru isezerano .com cyagiranye na Simon Kabera , mu gihe yaramaze kuririmba mu gitaramo cyabereye i Kanombe kuri Worship Center cyateguwe na Deborah Butera , twamubajije kubijyanye n’ibikorwa bye arimo gutegura muriyi minsi bijyanye n’umuziki we ,yagize ati:”mfite indirimbo nshyashya ndimo gutegura , uko Imana inyongeye ubuzima nda ndika , kuko kuramya Imana n’umuhamagaro Imana yamaye ,kandi numva ko icyo Imana impaye ngomba kugitanga ,kugirango gihesha abantu umugisha kuko nzi neza ko Imana yandemye kubw’impamvu zitandukanye .

Zimwe muri izo mpamvu harimo ko ngomba kuyihesha icyubahiro, kandi kurizo mpamvu harimo kuyiramya no kuyihimbaza. Kandi kurizo mpamvu harimo guhesha abantu umugisha , mfite byinshi Imana irimo kumpishurira , ndatekereza ko Imana izakomeza mubikorwa bitandukanye .

Abajijwe kuri  gahunda yogutegurira igitaramo abakunzi be , yadusubije muri aya magambo “kurubu ntagitaramo ndimo gutegura kuko mfite abantu benshi batandukanye bagiye bantumira mubitaramo bateguye .

Abajijwe ibanga akoresha kugirango uyu murimo abayemo imyaka myinshi kandi Akawukora uwukunze, niba yarawugiyemo ari muto cyangwa ari mukuru  , yadusubije ati:”ngewe nagiriwe ubuntu nkura nkunda Imana kuko navutse nsanga mama ari umuvugabutumwa , so adukuza atubwiriza ijambo ry’Imana , ariko nakijijwe maze gukura .

Nakuriye mu ishuri ryo kucyumweru ry’abana( Sunday school) ,nkorera Imana ndi umwana mutoya ndakura , nta handi nigeze ndirimba naririmbye mu nzu y’Imana kandi nzava mu isi ndirimba murusengero . Isezerano.com murakoze turabakunda.

0 comment
2
FacebookTwitterWhatsapp
Ali Gilbert Dunia

previous post
Healing worship team iti:”Intego yacu ni uko ivugabutumwa ryacu  rigera ku bantu benshi”
next post
Menya inkomoko y’ijambo ‘HE’ risigaye rikoreshwa cyane n’ amatsinda ya hano mu Rwanda.

You may also like

Classic Empire Record” yahurije hamwe Israel Mbonyi ,Diane...

August 15, 2020

USA : Umuhanzi John Singleton Byiringiro afite ubumuga...

January 23, 2020

Korali Abahetsi yagaragaje uburyo iri gukorera Imana muri...

July 2, 2019

Ku isi benshi bemeza ko bafitanye ubushuti n’Imana”,...

June 19, 2019

Korali Shekinah yahishuye uko gahunda zayo zagenze muri...

December 26, 2018

Nshima Imana sinyiyisaba , niho nakuye indirimbo yanjye...

July 1, 2020

Guterana bizakomeza gukorwa ,ariko hubahirizwa ibi bikurikira –...

January 6, 2021

Ubwenge bukwiye kuranga umukozi w’Imana-Bwana Samuel Ntibayizi.

September 6, 2019

Sinitaye na gato ku bantu banca intege ,...

July 16, 2020

Healing worship team iti:”Intego yacu ni uko ivugabutumwa...

May 28, 2019

Leave a Comment Cancel Reply

Save my name, email, and website in this browser for the next time I comment.

Dukurikire

Isezerano.com

Kwamamaza

Inkuru Zakunzwe

  • Sri Lanka :Nk’intumwa za Kristo umwami w’amahoro twamaganye ihohoterwa rikorerwa Abakiristo cyangwa Abayisilamu -Umuryango w’ivugabutumwa ku isi(AEB)

  • NGOMA : Umubyeyi urara mu nzu idakinze mu gihe cy’amezi 11, aratakambira a karere kumufasha kurenganurwa agahabwa impoza marira nyuma y’uko ibidamu biri mu murima wa Kiliziya Gatulika bimwiciye umwana

  • Uko mbibona:Gusenga ntacyo byaba bimariye umuntu ,mu gihe asengana ubuhemu(Soma birambuye)

  • Aho  Umwuka wera ageze  amateka arahinduka,nawe yaguhindurira amateka(soma birambuye)

  • Kigali : Itangazo ryo gusaba guhinduza amazina

Dukurikire

Facebook Twitter Instagram Youtube

Kuri Twitter

Follow @isezeranogospel

Inkuru Ziheruka

  • Nyuma yo gukunda indirimbo “Nzakugezayo” n’Amagambo ayigize, biyemeje kiyisubiramo.

    January 14, 2021
  • Ubwiyongere bwa 60% mubakristo bishwe kwisi yose mu 2020: Raporo ya Open the Doors

    January 14, 2021
  • Kigali : Itangazo ryo gusaba guhinduza amazina

    January 14, 2021
  • UBUZIMA: Ese wari uziko kubura Vitamin B1, bitera ibibazo bikomeye mu mubiri wawe?

    January 14, 2021

Ahandi Washakira

  • Amakuru y'ibanze
  • Amateka
  • Ibitaramo
  • Ibiterane
  • Indirimbo
  • Inyigisho
  • Isesengura
  • Kuramya
  • Kwamamaza
  • Mu Mahanga
  • Mu Rwanda
  • Ubuhamya
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Ubuzima bw'Abahanzi
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • Video
  • Videos

Kwamamaza

Facebook Twitter Instagram Youtube

Inkuru Zakunzwe

  • 1

    Sri Lanka :Nk’intumwa za Kristo umwami w’amahoro twamaganye ihohoterwa rikorerwa Abakiristo cyangwa Abayisilamu -Umuryango w’ivugabutumwa ku isi(AEB)

    May 15, 2019
  • 2

    NGOMA : Umubyeyi urara mu nzu idakinze mu gihe cy’amezi 11, aratakambira a karere kumufasha kurenganurwa agahabwa impoza marira nyuma y’uko ibidamu biri mu murima wa Kiliziya Gatulika bimwiciye umwana

    February 21, 2020

Izindi Nkuru Wasoma

  • Nyuma yo gukunda indirimbo “Nzakugezayo” n’Amagambo ayigize, biyemeje kiyisubiramo.

    January 14, 2021
  • Ubwiyongere bwa 60% mubakristo bishwe kwisi yose mu 2020: Raporo ya Open the Doors

    January 14, 2021
  • Facebook
  • Twitter
  • Instagram
  • Youtube

@2018 Isezerano G Company Ltd. - www.isezerano.com. All Right Reserved.


Back To Top