Isezerano Gospel
  • Ahabanza
  • Inyigisho
  • Ubuhamya
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Isesengura
  • Abahanzi
    • Amateka
  • Indirimbo
    • Amajwi
    • Amashusho
    • Lyrics
  • Abo turi bo
  • Twandikire

Isezerano Gospel

  • Ahabanza
  • Inyigisho
  • Ubuhamya
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Isesengura
  • Abahanzi
    • Amateka
  • Indirimbo
    • Amajwi
    • Amashusho
    • Lyrics
  • Abo turi bo
  • Twandikire
Amakuru y'ibanzeMu RwandaUbuzima

Gufasha : Mufashe age kwiga“Alexis” yasabye Jus bamuha uburozi ,bimuviramo guhuma

by Ubwanditsi November 25, 2020November 25, 2020
written by Ubwanditsi November 25, 2020November 25, 2020
Gufasha : Mufashe age kwiga“Alexis” yasabye Jus bamuha uburozi ,bimuviramo guhuma
Yasuwe: 303

Ndayishimiye Alexis n’umusore w’imyaka 26 afite ubumuga bw’amaso [ubuhumyi ]abayeho mubuzima bugoye , ntagira umwitaho  . Ndayishimiye Alexis utuye mu karere ka Nyarugenge Umurenge wa Gitega ,akagali ka  Kigarama . Uru Rwanda rwejo hazaza  [Ndayishimiye Alexis ] udafite kivugira , yisanze mukigo kipfubyi I Butare  nyuma ya Jenoside ya korewe Abatutsi mu mwaka 1994 , nyuma hakaza kwemezwa ko umwana wese ajya mu muryango ,ariko we yisanga nta muntu wiwabo n’umwe azi .

Ndayishimiye mu marira menshi yagize ati “  ikintu nifuza mubuzima bwanjye  , amashuri agiye gutangira  none ndasaba abanyarwanda  ,dutuye iki gihugu turi abantu benshi kandi ndabizi ko muri abanyamutima.

Ndabasaba ko mwapfasha nanjye nkajya kwiga kuko hari ibigo bitandukanye byabamugaye  , mupfashe mbashe kwiga burayi ,hamwe n’umwuga .Kuko ngumya nizengurakaho nkabura igisubizo  kandi sinshaka kubaho nsabiriza.

Avuga ko  ahantu bamurangiye ashobora gukomereza amashuri ye ari I Gisenyi , bakaba bishyura amafranga y’ishuri angana n’ibihumbi ijana na makumyari  (120.000). Kuko I Masaka yarangije ikiburamwaka cyo kumenya gukoresha inyandiko y’abafite ubumuga bwo kutabona burayi. Uyu musore mu mbaraga ze abasha kwikorera ibintu byose dore ko adafite uwo yatuma , akaba abarizwa mu kiciro cya mbere .

Akaba yagaragaje numero z’umuntu wabasha kumufasha gukusanya ubufasha   wanyuraho yitwa Gilbert (0783676098 ) kuko we ntabwo yabasha kumenya niba hari ubufasha mwaba mwanyujije kuri telephone.

Ndayishimiye Alexis agaragaza ko akiri muto mu gihe bamuhaga umubyeyi ugomba ku murera yagiye ahura n’ingorane nyinshi  zo gutotezwa ariko akomeza kwihangana mu gihe yari muzima atarahuma ndetse ntiyacika intege akomeza amashuri kugeza ubwo urugo yabagama rwajemo amakimbirane umugabo amubwira ko agomba kujyana n’ umugore .

Mu gihe umushinga wa mufashaga kwiga wahagarara byamugizeho  ingaruka zo guhagarika amashuri kuko nta muntu yari afite wo kumufasha kwiga .

Urugendo rwe rwo guhuma rwatangiye mu mwaka wa 2017 , ubwo yarabonye ikiraka ariko akaza guhura n’umwe mubakozi bakoraga muri Serena Hotel kuko aribo bari batsindiye isoko ryo kugaburira abayobozi bari mu Camp Kigali .

Uwo muntu udafite umutima usabwa umugati agatanga ibuye , yasabwa ifi agatanga Sikoropiyo mu gihe ya musaba ibyo kurya kuko yarashonje , aho kumuha ibikwiye kunywebwa akamuha ibintu birimo aside byamuviriyemo uburwayi bwamuteye guhuma . Nku mwana udafite kivugira ntiyabashije guhabwa ubutabera byibuze babashe gukurikirana uwo muntu .

.

0 comment
0
FacebookTwitterWhatsapp
Ubwanditsi

previous post
Hatangijwe iperereza ku kuntu konti ya Instagram ya Papa Francis yakunze ifoto y’umunyamideli ya mbaye atikwijwe
next post
Vatican : Papa arasaba abakaridinari bashya kuguma mu nzira ya Nyagasani

You may also like

Mfite byinshi nigira ku muhanzi Aimé Uwimana bituma...

July 13, 2020

Impano yakugeza kure hashoboka , imbuto zikakurindirayo –Dr...

December 5, 2019

Papa Francis ngo yiteguye gukora ibishoboka byose agahagarika...

February 6, 2019

Korali Iriba iti:”kugirango umuntu atere imbere arakora agashyiraho...

July 17, 2019

Sobanukirwa: n’ibyiza byo kuba ahantu hakonje ku buzima...

September 25, 2019

Abahanzi 10 barangishwa ,baburiwe irengero mu muziki wa...

October 17, 2020

Inkuru ya Carine: Urukundo ntirugurwa amafranga Episode 4

October 17, 2019

None se ko ijambo rya Yesu rinjya mu...

August 9, 2019

Rabagirana Ministries yatanze ubutumwa bukomeye ku Itorero n’amadini...

April 3, 2019

Abahanzi 10 Beza Baririmba Indirimbo zo kuramya no...

November 28, 2019

Leave a Comment Cancel Reply

Save my name, email, and website in this browser for the next time I comment.

Dukurikire

Isezerano.com

Kwamamaza

Inkuru Zakunzwe

  • Uko mbibona:Gusenga ntacyo byaba bimariye umuntu ,mu gihe asengana ubuhemu(Soma birambuye)

  • Sri Lanka :Nk’intumwa za Kristo umwami w’amahoro twamaganye ihohoterwa rikorerwa Abakiristo cyangwa Abayisilamu -Umuryango w’ivugabutumwa ku isi(AEB)

  • NGOMA : Umubyeyi urara mu nzu idakinze mu gihe cy’amezi 11, aratakambira a karere kumufasha kurenganurwa agahabwa impoza marira nyuma y’uko ibidamu biri mu murima wa Kiliziya Gatulika bimwiciye umwana

  • Aho  Umwuka wera ageze  amateka arahinduka,nawe yaguhindurira amateka(soma birambuye)

  • I GICUMBI : Umukecuru Mukashyaka arasaba ko yahabwa ubutabera , kuko ubuyobozi bwakingiye ikibaba umugabo wasambanyije umwana we

Dukurikire

Facebook Twitter Instagram Youtube

Kuri Twitter

Follow @isezeranogospel

Inkuru Ziheruka

  • Ngoma: Abantu 16 bafashwe basengera mu rugo rw’umuturage mu buryo butemewe.

    January 24, 2021
  • Abakirisitu Gaturika bazajya bakurikira Igitambo cya Misa kuri radiyo na televiziyo y’U Rwanda.

    January 24, 2021
  • Indirimbo: Korali Elayono ikorera ubutumwa i Remera yasohoye indirimbo nshya.

    January 23, 2021
  • Papa Francis arasaba Biden ‘kubahiriza uburenganzira, icyubahiro cya buri muntu’

    January 22, 2021

Ahandi Washakira

  • Amakuru y'ibanze
  • Amateka
  • Ibitaramo
  • Ibiterane
  • Indirimbo
  • Inyigisho
  • Isesengura
  • Kuramya
  • Kwamamaza
  • Mu Mahanga
  • Mu Rwanda
  • Ubuhamya
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Ubuzima bw'Abahanzi
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • Video
  • Videos

Kwamamaza

Facebook Twitter Instagram Youtube

Inkuru Zakunzwe

  • 1

    Sri Lanka :Nk’intumwa za Kristo umwami w’amahoro twamaganye ihohoterwa rikorerwa Abakiristo cyangwa Abayisilamu -Umuryango w’ivugabutumwa ku isi(AEB)

    May 15, 2019
  • 2

    Uko mbibona:Gusenga ntacyo byaba bimariye umuntu ,mu gihe asengana ubuhemu(Soma birambuye)

    March 1, 2019

Izindi Nkuru Wasoma

  • Ngoma: Abantu 16 bafashwe basengera mu rugo rw’umuturage mu buryo butemewe.

    January 24, 2021
  • Abakirisitu Gaturika bazajya bakurikira Igitambo cya Misa kuri radiyo na televiziyo y’U Rwanda.

    January 24, 2021
  • Facebook
  • Twitter
  • Instagram
  • Youtube

@2018 Isezerano G Company Ltd. - www.isezerano.com. All Right Reserved.


Back To Top