Isezerano Gospel
  • Ahabanza
  • Inyigisho
  • Ubuhamya
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Isesengura
  • Abahanzi
    • Amateka
  • Indirimbo
    • Amajwi
    • Amashusho
    • Lyrics
  • Abo turi bo
  • Twandikire

Isezerano Gospel

  • Ahabanza
  • Inyigisho
  • Ubuhamya
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Isesengura
  • Abahanzi
    • Amateka
  • Indirimbo
    • Amajwi
    • Amashusho
    • Lyrics
  • Abo turi bo
  • Twandikire
Amakuru y'ibanzeIndirimboUbuzima bw'Abahanzi

Nsohoye indi ndirimbo nshyashya kuko ari igihe cyo gukora cyane –Laetitia Mulumba

by Ali Gilbert Dunia January 5, 2020January 5, 2020
written by Ali Gilbert Dunia January 5, 2020January 5, 2020
Nsohoye indi ndirimbo nshyashya kuko ari igihe cyo gukora cyane –Laetitia Mulumba
Yasuwe: 595

Laetitia Dukundimana ati:” nsohoye indi ndirimbo nshyashya kuko ari igihe cyo gukora cyane muri uyu mwaka .

Laetitia Dukundimana  Mulumba ni umuririmbyi w’umunyarwanda utuye mu gihugu cy’Ubufaransa , akaba aririmba indirimbo zihimbaza Imana.

Uyu muhanzi ni umugore wa Producer Mulumba uzwi ku izina rya( Bill Gates). Umuhanzi Laetitia amaze gushyira hanze indirimbo ye nshyashya yise [   Himbazwa’ ]ariko ubusanzwe azwi cyane ku indirimbo nka Nduburira amaso Utubohore ,Kwizera.

Mukiganiro yagiranye ni ikinyamakuru Isezerano .com ku umurongo wa telephone yatubwiye ko atahisemo kuba umuhanzi ahubwo ko ari ubuntu bw’Imana bwa musanze . Mu magambo ye yagize ati:”ntabwo nahisemo kuba umuhanzi ahubwo n’ubuntu bw’Imana bwansanze aho narindi , mu gihe nari maze kwakira agakiza , ndahamagarwa nanjye kuba umwe mubakorera Imana.

Laetitia yakomeje yemeza ko ibyo yagiye ahabwa bimugaragazaho Umwuka w’Imana ,kandi ko mubintu bimufasha muri uyu murimo harimo no kuririmba ndetse no kuvuga ubutumwa ni ibindi byinshi akorera mu nzu y’Imana.

Abajijwe aho akomora impano yavuze ko atayikomora ku muntu ahubwo ko  ari Ubuntu bw’Imana buza ku muntu ku giti ke .

Ati :”n’ubwo umuryango wacu turimo turi Abakristo ,abarokore , abenshi dukorera Imana ndetse dufite n’abandi baba muri korali baririmba ariko ntabwo nakwibaza ko aribo impano yavuyeho .

Laetitia akaba yagarutse cyane ku inzitizi yahuye nazo muri uyu murimo wo kuririmba indirimbo zihimbaza Imana. Ati:” inzitizi ni nyinshi ,iyo umuntu ahagurutse gukorera Imana  . Tugira umurimo mwiza , kuko kuririmba ni umurimo wihariye , kuko n’umurimo Satani adakunda kuko n’umurimo yanyazwe .

Iyo Satani amenye amakuru ko uhagurutse uje gukorera Imana , kandi ushyigikiwe n’Imana intambara ni inzitizi ntabwo byabura. Icyangoye kwari kubona aho nkorera indirimbo kuko nibyo byangoye bigatuma ntabasha gusohora ibihangano byinshi, ariko ndashima Imana ko yabikemuye .

Laetitia yavuze ko igihe ari iki  cyo gukora cyane akorera Imana , kuko afite ubushobozi kandi umugabo we akaba ariwe uri kumufasha gukora indirimbo .

Yasoje asaba  abakunzi be ndetse n’abanyarwanda kwitegura ibikorwa bye byinshi muri uyu mwaka . kandi ko mu minsi micye amashusho y’iyi ndirimbo nshyashya [Himbazwa] azaba yageze hanze.

0 comment
0
FacebookTwitterWhatsapp
Ali Gilbert Dunia

previous post
Uko mbibona :”Hari igihe gusenga wiyirije ubusa biguhindukira imfabusa
next post
Prosper Nkomezi yakije umuriro mu gitaramo cyo kurangiza umwaka.

You may also like

Menya byinshi kuri Nkomezi Prosper, umenye aho avoma...

December 6, 2018

Umuhanzikazi w’indirimbo zihimbaza Imana Marie Gwiza ati “hari...

March 14, 2019

GOSPEL na COVID : 2020 umwaka wagaragaje byinshi...

January 1, 2021

NGOMA : Umunyeshuri wa Primary ya Zaza A...

January 27, 2020

Coronavirus yatumye abantu bagarukira Imana kurusha ibindi bihe...

April 11, 2020

Evangelical Restoration Church : Ni iki kihishe inyuma...

March 9, 2019

Umushumba mukuru wa Kiliziya gatolika yahamagaye Archbishop wo...

June 12, 2020

Biciye mu isengesho, umuhanzi “Justin Bieber” yamaze ubwoba...

March 23, 2020

MU MAFOTO: REBA UBURYOHE BW’IGITARAMO ELI MAX KAGOMA...

March 18, 2019

Nyamirambo -Biryogo : Ikirere cyafungutse kubera umuramyi- Akiba...

July 22, 2019

Leave a Comment Cancel Reply

Save my name, email, and website in this browser for the next time I comment.

Dukurikire

Isezerano.com

Kwamamaza

Inkuru Zakunzwe

  • Sri Lanka :Nk’intumwa za Kristo umwami w’amahoro twamaganye ihohoterwa rikorerwa Abakiristo cyangwa Abayisilamu -Umuryango w’ivugabutumwa ku isi(AEB)

  • NGOMA : Umubyeyi urara mu nzu idakinze mu gihe cy’amezi 11, aratakambira a karere kumufasha kurenganurwa agahabwa impoza marira nyuma y’uko ibidamu biri mu murima wa Kiliziya Gatulika bimwiciye umwana

  • Uko mbibona:Gusenga ntacyo byaba bimariye umuntu ,mu gihe asengana ubuhemu(Soma birambuye)

  • Aho  Umwuka wera ageze  amateka arahinduka,nawe yaguhindurira amateka(soma birambuye)

  • Kigali : Itangazo ryo gusaba guhinduza amazina

Dukurikire

Facebook Twitter Instagram Youtube

Kuri Twitter

Follow @isezeranogospel

Inkuru Ziheruka

  • Nyuma yo gukunda indirimbo “Nzakugezayo” n’Amagambo ayigize, biyemeje kiyisubiramo.

    January 14, 2021
  • Ubwiyongere bwa 60% mubakristo bishwe kwisi yose mu 2020: Raporo ya Open the Doors

    January 14, 2021
  • Kigali : Itangazo ryo gusaba guhinduza amazina

    January 14, 2021
  • UBUZIMA: Ese wari uziko kubura Vitamin B1, bitera ibibazo bikomeye mu mubiri wawe?

    January 14, 2021

Ahandi Washakira

  • Amakuru y'ibanze
  • Amateka
  • Ibitaramo
  • Ibiterane
  • Indirimbo
  • Inyigisho
  • Isesengura
  • Kuramya
  • Kwamamaza
  • Mu Mahanga
  • Mu Rwanda
  • Ubuhamya
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Ubuzima bw'Abahanzi
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • Video
  • Videos

Kwamamaza

Facebook Twitter Instagram Youtube

Inkuru Zakunzwe

  • 1

    Sri Lanka :Nk’intumwa za Kristo umwami w’amahoro twamaganye ihohoterwa rikorerwa Abakiristo cyangwa Abayisilamu -Umuryango w’ivugabutumwa ku isi(AEB)

    May 15, 2019
  • 2

    NGOMA : Umubyeyi urara mu nzu idakinze mu gihe cy’amezi 11, aratakambira a karere kumufasha kurenganurwa agahabwa impoza marira nyuma y’uko ibidamu biri mu murima wa Kiliziya Gatulika bimwiciye umwana

    February 21, 2020

Izindi Nkuru Wasoma

  • Nyuma yo gukunda indirimbo “Nzakugezayo” n’Amagambo ayigize, biyemeje kiyisubiramo.

    January 14, 2021
  • Ubwiyongere bwa 60% mubakristo bishwe kwisi yose mu 2020: Raporo ya Open the Doors

    January 14, 2021
  • Facebook
  • Twitter
  • Instagram
  • Youtube

@2018 Isezerano G Company Ltd. - www.isezerano.com. All Right Reserved.


Back To Top